in

“Hari ubwo bazaga ari babiri, gusa hari uwo nishyuje afashe ikote rye hahita havamo icyuma” wa mugore waryamanaga n’abagabo 10 yavuze uko yabigenzaga iyo abagabo babiri bazanaga

“Hari ubwo bazaga ari babiri, gusa hari uwo nishyuje afashe ikote rye rivamo icyuma kigwa hasi” wa mugore waryamanaga n’abagabo 10 yavuze uko yabigenzaga iyo abagabo babiri bazanaga

 

Mu kiganiro yagiranye na MIE, Umwe mu bagore bahoze bakora umwuga w’uburaya ariko nyuma akaza kubivamo akakira agakiza, yavuze bimwe mubyamubagaho muri uwo mwuga.

Uyu mugore yatangaje benshi ubwo yavugaga ko hari ubwo yaryamanaga n’abagabo icumi ku munsi. Kugirango aryamane n’abagabo icumi ku munsi ngo hari ubwo bazaga ari babiri.

Ngo iyo bazaga ari babiri umwe yamutererega agatebe hanze, undi akinjira bagakora ibyo bakora yasoza undi nawe akaza.

Gusa ngo nubwo yakoraga uwo mwuga habaga harimo ibibazo byinshi. Ngo hari nubwo yaryamanye n’umugabo, basoje agiye kumwishyuza icyuma gihita kiva mu ikote ry’uwo mugabo kiragwa. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo n’urupfu: Ingaruka mbi za Asima ku bagore n’abakobwa bari mu gihe cy’imihango

“Narabiboneye kuri St Famille, ubashyize mu gaseke ugapfundikira umutemeri ntiwanyeganyega” Mutesi Scovia atewe impungenge n’ubugufi bw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi [videwo]