in

“Hari igihe kizagera nanjye mbatemo da!” Christopher wari mu basore bambariye The Ben, yabajijwe igihe nawe azakorera ubukwe ndetse agira n’icyo avuga kuri Abera Martina wo kuri RBA bivugwa ko bakundana

Umuhanzi Christopher wari mu basore bambariye The Ben wasabye anakwa umugore we Uwicyeza Pamella, yabajijwe igihe nawe azakorera ubukwe maze avuga ko ari kubitekerezaho.

Mu kiganiro yagiranye na Jalas, Christopher yabajijwe niba nawe atekereza kuzakora ubukwe maze avuga ko nawe ari umuntu w’umugabo, abitekerezaho. Ati “Hari igihe kizagera nanjye mbatemo da!.”

Abajijwe niba ubukwe azabukorana n’umunyamakuru Abera Martina wo kuri RBA, byavuzwe ko bakundana, Christopher yahakanye azunguza umutwe avuga ko yirinda kubitekerezaho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingabo z’u Rwanda zavuye umugabo wari warabyimbye ubugabo kugeza aho bwapimaga ibiro bitatu ‘3Kg’ butafashe umurego (Videwo)

Yanze ko abakunzi be bishwa n’irungu: Miss Mutesi Jolly acunze imbeho imeze nabi yeraka abakunzi be icyo arusha izindi nkumi -AMAFOTO