in

Ingabo z’u Rwanda zavuye umugabo wari warabyimbye ubugabo kugeza aho bwapimaga ibiro bitatu ‘3Kg’ butafashe umurego (Videwo)

Ingabo z’u Rwanda zavuye umugabo wari warabyimbye ubugabo kugeza aho bwapimaga ibiro bitatu ‘3Kg’ butafashe umurego.

Benet Cuambe yafashwe n’uburwayi bw’imisuha ku buryo bwatumye igice cye cy’ubugabo kibyimba kigapima ibilo bitatu. Ntiyabashaga kugenda, kwihagarika n’ibindi. Icyo yari ategereje rwari urupfu.

Magingo aya yarakize nyuma yo kubagwa ku buntu n’Ingabo z’u Rwanda. Iyo yibutse uko zamurokoye, ikiniga kiramwica akarira.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisanzwe! Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Bizimana Djihad yahawe igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi -AMAFOTO

“Hari igihe kizagera nanjye mbatemo da!” Christopher wari mu basore bambariye The Ben, yabajijwe igihe nawe azakorera ubukwe ndetse agira n’icyo avuga kuri Abera Martina wo kuri RBA bivugwa ko bakundana