in

Habaye impanuka y’indege iteye ubwoba

Umuntu umwe yaguye mu mpanuka y’indege y’igisirikare cya Amerika yahanukiye mu Buyapani.

Iyi ndege yo mu bwoko bwa V-22 Osprey yahanukiye mu kirwa cya Yakishima kiri mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bw’u Buyapani ubwo yekerezaga ku birindiro bya gisirikare bya Kadena muri Okinawa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Higanjemo urubyiruko! RBC yatangaje imibare y’abantu bafite hagati y’imyaka 15-49 bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA mu Rwanda

Muri APR FC rurakinga babiri? Uruntu runtu muri APR FC ku bibazo by’amafaranga kugeza ubwo abakinnyi byajya i Nyagatare ku munsi w’umukino