in

Higanjemo urubyiruko! RBC yatangaje imibare y’abantu bafite hagati y’imyaka 15-49 bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA mu Rwanda

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 30 Ugushyingo 2023 muri Kigali Convention Center habereye ibirori byo kwizihiza umunsi wo kurwanya SIDA.

Muri ibyo birori byitabiriwe n’abayobozi benshi, urubyiruko ndetse n’izindi ngeri, havugiwe mo byinshi ndetse hatangazwa byinshi.

Muri ibi birori Umuyobozi w’ishami rishinzwe kurwanya SIDA muri RBC, Dr Ntazirikuzo yavuze ko mu Rwanda hagaragara 3% y’abahatuye bafite hagati y’imyaka 15-49 bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA, ndetse ko igipimo cy’ubwandu bushya gihagaze kuri 0.08%, harimo urubyiruko rungana na 35%.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igihugu cyafashe icyemezo cyo gufunga inzu zose zikoreramo indaya bitarenze kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Ukuboza

Habaye impanuka y’indege iteye ubwoba