in

FERWAFA yamaze kugeza muri CAF ibisabwa ngo stade Huye yemererwe kwakira imikino

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yasabwe kohereza raporo y’ibanze muri CAF iherekejwe n’amashusho agaragaza imiterere ya stade.

Ubu busabe bwatanzwe mu rwego rwo kuzahakinira imikino yo gushaka itike izabajyana mu gikombe cy’Afurika.

Sitade Huye yarimaze iminsi yakira imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Africa cyabakina imbere mu bihugu byabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yapfuye ari muri Bank

Imbwa yitwa Bobi yo muri Portugal byemejwe ko ariyo mbwa ikuze cyane ku isi