in

Ese nibyo koko nawe wagiye gutezaho ikibuno ? Abantu batangaye nyuma yo kubona imiterere y’inyuma Mutesi Jolly asigaye afite -Amafoto

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly wakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga kuva kera kugeza  n’ubu, yongeye gutera benshi kumwibazaho.

Benshi bamwibajijeho nyuma yo gusangiza abamukurikira videwo igaragaza uburyo asigaye ateye.

Bamwe bahise batangira kwibaza niba uyu mukobwa wigize kuba miss Rwanda, yaba yaribagishije akongererwa bimwe mu bice bye by’umubiri nkuko byeze mu bakobwa muri iyi munsi.

Ibi benshi kandi babikomoje ku makuru yigize kuvugwa mu mwaka ushize, avuga ko Mutesi Jolly yaba yaragiye muri Nigeria kwiyongeresha bimwe mu bice bye by’umubiri.

Gusa hari n’abavuga ko abantu badakwiye kumushinja kwibagisha kuko uko bari bamuzi muri 2016, siko agomba gukomeza kumera kuko imyaka iba ihishe ibyayo, kandi bibaho ko umuntu abyibuha.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Njyewe ndi muzima” Imbamutima za Hakizimana Silas washyinguwe ku wa Mbere maze bukeye ku wa Kabiri agaragara mu ruhame – VIDEWO

Undi mufana ukomeye wa Rayon Sports wanayifashaga mu kiyiha amafaranga atubutse, nawe yamaze gutera umugongo iyi kipe iyobowe na Jean Fidèle