in

Undi mufana ukomeye wa Rayon Sports wanayifashaga mu kiyiha amafaranga atubutse, nawe yamaze gutera umugongo iyi kipe iyobowe na Jean Fidèle

Kanyabugabo Mohamed Hadji wari umufana ukomeye wa Rayon Sports nawe yamaze kuyitera umugongo yigira muri Gasogi United ya KNC.

Uyu mugabo yari umwe mu makunzi ba Gikundiro, kuko ari mu baguze itike y’umwaka wose yo kureba imikino yose ya Rayon Sports, aho yaguze iya million 1 Frw.

Aje akurikira Sarpong nawe uherutse kuva muri Rayon Sports akajya kwifanira APR FC, avuga ko nta byishimo ayibonamo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese nibyo koko nawe wagiye gutezaho ikibuno ? Abantu batangaye nyuma yo kubona imiterere y’inyuma Mutesi Jolly asigaye afite -Amafoto

Umugabo yacunze umugore we yagiye guhinga ahita afata murumuna we yiha akabyizi ari kwihimura ku mugore we