in

Ese ku isoko biragenda bite? Uruganda rumwe rukumbi rwatunganyaga isukari mu gihugu hose rwafunze imiryango

Uruganda rw’Isukari (Kabuye Sugar Works) rwafunze imiryango by’agateganyo, nyuma y’uko hegitari 700 kuri hegitari 2000 ruhingaho ibisheke rukoramo isukari zangijwe n’ibiza.

Umuyobozi warwo yabwiye RBA dukesha iyi ko iki kibazo cyatewe ahanini n’ibishanga bakuragamo ibisheke byamaze kuzura.

Ese ibi haba hari ingaruka biraza kugira ku giciro gisanzwe kiriho ku isoko cyangwa igiciro ntago kiri buhinduke?.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ahantu heza wanyarukira muri iyi weekend, bakagukorera massage ugatangira icyumweru ufite imbaduko – Ku bantu banafite ibiheri mu maso cyangwa izindi ndwara z’uruhu nabo bitwabwaho

Messi yatabaye umukecuru w’imyaka 90 wari ugiye kwicwa n’abarwanyi ba Hamas