in

Ahantu heza wanyarukira muri iyi weekend, bakagukorera massage ugatangira icyumweru ufite imbaduko – Ku bantu banafite ibiheri mu maso cyangwa izindi ndwara z’uruhu nabo bitwabwaho

Massage ni bumwe mu buryo abantu bamenyereye bufasha mu kuruhuka, kugabanya umunaniro, gufasha uruhu kumera neza, no mu gufasha abafite uburwayi butandukanye. Ariko akamaro ka massage nti karangirira aho.

Zimwe mundwara massage yadufasha gukira neza iyo ikozwe n’inzobere, harimo:

.Umunaniro ukabije, Indwara y’umugongo n’imitsi, Urwayi bw’ingingo,n’ imitsi,

.Gufatwa n’imbwa, ibinya no kugagara kw’ibice bimwe na bimwe,

.Kuzana iminkanyari no kwikunja k’uruhu rw’ isura, Umuvuduko muke w’amaraso

.Impatwe no kwituma bigoranye

.Kubabara umutwe

.Hari na massage ifasha kuvura umunaniro wo mu bwonko, n’umutwe udakira.

ku bantu bafite ibi bibazo, mugane muri Ange Saloon Spa kuko babafitiye impuguke mu gukora massage, bakagira n’ibikoresho bakura muri Asia, Ubuhinde na Dubai bifashisha mu gukora massage maze abantu bagasubirana imbaraga n’imbaduko.

Kimwe mu byumba bikorwamo massage muri Ange Saloon Spa, gitansemo amabara atuma uwinjiremo wese ahita abanza kuruhuka mu mutwe

Akarusho, muri Ange Saloon Spa, uhasanga ya massage ya “Hot Stone massage” ikorwa hifashishijwe amabuye yari imenyerewe muri Asia, aho iri gufasha abantu koza amaraso, ipyiko n’umwijima ndetse igatuma n’amaraso atembera neza mu bwonko.

Ibikoresho byose bugezweho mu gukora massage, ubisanga muri Ange Saloon Spa

Ndetse kandi muri Ange Saloon Spa, bavura indwara zose z’uruhu nk’ibiheri, amabara, inkovu, iminkanyari, imiburu ndetse n’ikindi kibazo cyose cy’uruhu, kuko bafite imiti n’amavuta bikozwe mu bimera karemano bakura ku mugabane wa Asia.

Inzobere mu gukora massage bo muri Ange Saloon Spa bagukorera massage ugasubirana umuze mu mubi

Banatanga ubujyanama ku buntu kubifuza kumenya uko barinda uruhu rwabo rugahora rumeze neza cyane.

Muri Ange Saloon Spa uhasanga amavuta y’ubwoko bwose. Umwihariko wabo ni uko baguhitiramo ajyanye n’uruhu rwawe

Ushaka kubagana wabasanga mu isoko rya Nyarugenge muri ground floor Umuryango wa G45. Bahamagare cyangwa ubandikire kuri O788538135​ / 0787724304 bagufashe.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 8 bose ba Rayon Sports bahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi icyarimwe

Ese ku isoko biragenda bite? Uruganda rumwe rukumbi rwatunganyaga isukari mu gihugu hose rwafunze imiryango