in

Elements Eleeh yahinduye umwuga nyuma yo kubona ko avunikira abandi, ubu agiye kwivunikira?

Elements Eleeh yahinduye umwuga nyuma yo kubona ko avunikira abandi, ubu agiye kwivunikira?

Producer Elements Eleeh yinjiye mu muziki nk’umuhanzi ku giti cye.

Nyuma y’uko ashyize hanze kashe ikaza gukundwa, akongeraho Fous de Toi na yo ikamenyekaba, ubu yinjiye mu muziki nk’umuhanzi.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko Elements agiye kuba asubitse gukorera abandi bahanzi indirimbo aho agiye kwita ku muziki we.

Kubera gusubika gutunganya umuziki kwa Elements Eleeh, byatumye 1:55 Am abarizwamo ihita itekereza kuri Producer Kizz wayihozemo akaza kujya muri Country Record.

Amakuru akomeza avuga ko Kizz agiye kugaruka aho yubakiye izina, aho azajya atunganya ibihangano by’abandi bahanzi.

Nubwo Elements we agiye mu muziki, ntabwo azajya kuri umwuga wo gutunganya ibihanga ahubwo azajya akora nk’uwongeramo ibirungo gusa kugira ngo indirimbo isohoke yengetse.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Napfa ntabwo nzigera muririra”: Tidjara Kabendera yeruye atangaza umuntu w’inshuti ye uzapfa nta rire gusa yahise atanga impamvu idasanzwe izatuma akora icyo gikorwa kidasanzwe 

I Kigali abakunzi b’ifiriti barabyinira ku rukoma! Igiciro cy’ibirayi cyakubiswe ishoka none abantu batangiye kurya ifiriti nk’ibisanzwe