in

I Kigali abakunzi b’ifiriti barabyinira ku rukoma! Igiciro cy’ibirayi cyakubiswe ishoka none abantu batangiye kurya ifiriti nk’ibisanzwe

Mu minsi mike ishije nibwo mu Rwanda hose igiciro cy’ibirayi cyavygishije abatari bake ku buryo byagurwaga n’umugabo bigasiba ndi kubera igiciro cyari gihanitse.

Hari aho byageze ntibatinye kugurisha ibirayi ibihumbi 2 ku kilo kimwe, ku buryo uwabaga ufite munsi y’amafaranga 1200Frw nta birayi wabonaga.

Gusa kuri ubu igiciro cy’ibirayi cyagarutse mu buryo kuko nkaho twatembereye mu isoko ry’ahazwi nko mu Miduha i Nyamirambo twasanze ikiro cy’ibirayi ikiro kimwe hari kuva ku mafaranga 450Frw-700Frw (bitewe n’ubwoko ushaka).

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Elements Eleeh yahinduye umwuga nyuma yo kubona ko avunikira abandi, ubu agiye kwivunikira?

Uyi ni umugore si umugabo, umugore witwa Nkanyezi urusha abagabo ubwanwa aratangaje cyane kubera ukuntu agaragara