in

“Element Eleeh, ndakuziye sha!” Titi Brown wongeye kujyanwa mu nkiko, yashyize hanze amashusho azamura imbamutima z’abakunzi be maze agenera ubutumwa producer Element Eleeh – VIDEWO

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ukuboza 2023, ni bwo mu Rwanda hasakaye amakuru avuga ko Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaciwe ku itariki 10 Ugushyingo 2023, rwagize umwere Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown.

Nyuma y’aya makuru, Titi Brown yahise asangije amashusho abakunzi be ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nko kuri ‘Story’, Titi Brown yagaragaye arimo gucuranga Piano maze agenera ubutumwa producer Element Eleeh.

Muri aya mashusho, Titi Brown yagize ati “Element Eleeh, ndakuziye sha.” ndetse kandi yabajije abakunzi be amanota bamuha bagendeye ukuntu azi kucuranga iyi piano.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Melissa : Umukobwa yagiye muri gahunda z’itorero, ubwo yari ari ku rusengero afatwa n’indwara itunguranye bamujyanye mu bitaro by’itorero banga ku umufasha ngo kuko adafite amafaranga

RIP Emmanuel! Abaturage bashenguwe n’urupfu rwa Gitifu w’Umurenge wa Rugera