in

RIP Melissa : Umukobwa yagiye muri gahunda z’itorero, ubwo yari ari ku rusengero afatwa n’indwara itunguranye bamujyanye mu bitaro by’itorero banga ku umufasha ngo kuko adafite amafaranga

Umusore wo mu gihugu cya Nigeria mu nyandiko yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje ko yababajwe n’urupfu rwa mushiki we witwa Melissa witabye Imana ubwo ibitaro byanganga kumufasha.

Uyu musore yavuze ko mushiki we ubwo yari yagiye ku rusengero muri gahunda z’itorero, yari ari kumwe n’inshuti ze, mu kanya gato agatangira gucika intege mu buryo butunguranye.

Bagenzi be babonye bikomeye bamujyana ku bitaro by’itorero biri aho hafi, ariko agezeyo banze ku mufasha bavuga ko kugirango avurwe indwara arwaye bimusaba kuba afite million 1.

Ubwo nibwo babonye ko inshuti yabo iza kuhasiga ubuzima bahita bamwirukankana bamujyana ku bitaro bindi byari aho hafi, muri ibyo bitaro yageze mo ahita ashiramo umwuka. Ibyo bitaro n’ibyo biyemeje ko uyu mukobwa yapfuye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC niyo yasoje shampiyona izikingirije: Ferwafa yatangaje uko amakipe azacakirana mu mikino yo kwishyura 

“Element Eleeh, ndakuziye sha!” Titi Brown wongeye kujyanwa mu nkiko, yashyize hanze amashusho azamura imbamutima z’abakunzi be maze agenera ubutumwa producer Element Eleeh – VIDEWO