in

Dore uko wagabanya kwandura Virusi itera ibisazi by’imbwa igihe yakurumye idakingiye, iyi virusi yica 90% y’abayirwaye

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Rwanda abantu bagera kuri 500-1000 buri mwaka barumwa n’imbwa kandi inyinshi ntabwo ziba zarakingiwe,  bamwe bikabaviramo kwandura Virusi y’ibisazi by’imbwa yica 90% y’abayanduye. Dore icyo ukwiye kwihutira gukora igihe rumwe n’imbwa.

Umuntu warumwe n’imbwa agomba guhita yoza igisebe akoresheje amazi meza n’isabune hatarashira iminota 15, akihutira kugana ivuriro rimwegereye kugira ngo ahabwe urukingo rw’ibisazi by’imbwa.

Kugira ngo umubare w’imbwa zifite Virusi y’ibisazi zigabanuke, abatunze imbwa baragirwa inama yo gukingira imbwa zabo byibura rimwe mu mwaka ndetse n’abafite amapusi bakwiye kubigenza utyo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imikino ukomeye wari umufana w’ikipe ya Rayon Sports yasezeye kuri Radio 10

Jürgen Kloop utoza Liverpool yasobanuye impamvu nyamukuru yatumye Mohamed Salah asubira inyuma mu gutanga umusaruro