in

Dore uburanga bw’inkumi yatumye umukinnyi w’Amavubi atabona inshundura akibonera ikibero

Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati aheruka kwambika impeta y’urukundo uyu mubyeyi w’umwana umwe amusaba ko yazamubera umugore igihe basigaje ku Isi bakimarana.

Monica usanzwe uba muri New Zealand bitewe n’urukundo amukunda, yahise abyemeza atazuyaje.

Muri 2019 ni bwo aba bombi batangiye gukundana, gusa muri 2020 Muni Boss Lady ni we watangaje bwa mbere ko ari mu rukundo na Ally Niyonzima.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Al-Nassr ya Cristiano Ronaldo igiye gukina na PSG ya Lionel Messi!?

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda igiye gutangira umwiherero udafite icyo umaze