Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati aheruka kwambika impeta y’urukundo uyu mubyeyi w’umwana umwe amusaba ko yazamubera umugore igihe basigaje ku Isi bakimarana.
Monica usanzwe uba muri New Zealand bitewe n’urukundo amukunda, yahise abyemeza atazuyaje.
Muri 2019 ni bwo aba bombi batangiye gukundana, gusa muri 2020 Muni Boss Lady ni we watangaje bwa mbere ko ari mu rukundo na Ally Niyonzima.









