imikino
Dore ikimenyetso simusiga kigaragaza ko Mourinho yugarijwe n’ibabazo bikomeye

Kuva ikipe ya Manchester United yatsindwa na Manchester City, Jose Mourinho yakomeje kugenda ashyirwa mu majwi aho inararibonye mu mupira w’amaguru za hariya mu bwongereza zagiye zivuga ko nta mpinduka uyu mutoza yigeze agaragaza ku mikinire ya Man U kuva yahabwa akazi ko kuyitoza.
Ku munsi w’ejo rero Jose Mourinho akaba yarongeye gutsinda undi mukino ubwo Manchester United yari yahuye na Watford maze igatsindwa ibitego 3 kuri kimwe.
Ku munsi w’ejo ubwo Man U yatsindwa rero bikaba byari inshuro yagatatu ikurikiranye iyi kipe itsindwe. Jose Mourinho rero akaba yaherukaga gutsindwa imikino itatu ikurikiranye mu mwaka wa 2006 byumvikana ko hari hashize imyaka igera ku icumi yose adatsindwa gatatu gakurikiranye. Icyo rero akaba ari ikimenyetso ko Jose Mourinho ari mu bibazo by’ingorabazi hariya mu ikipe ya Manchester United.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo8 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo21 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze18 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze