imikino
Umva uburyo Cristiano Ronaldo yigeze gushaka kurwana na Jose Mourinho

Luka Modric wakinanye na Cristiano Ronaldo imyaka igera kuri itandatu mu ikipe ya Real Madrid yahishuye uburyo uyu musore yigeze gushaka kurwana na Jose Mourinho, ubwo Mourinho yari akibatoza bombi i Madrid.
Luka Modric wanditse igitabo cyerekeye ibihe bitandukanye by’ubuzima bwe akaba yaragarutse ku munsi Mourinho yigeze kubwira nabi Cristiano Ronaldo bigatuma bashaka kurwana bagakizwa nabandi bakinnyi.
“Umunsi umwe, natunguwe no kubona Mourinho arakarira Cristiano. Hari mu mukino w’igikombe cya Espagne muri 2013 twara twatsinze ibitego 2-0. Nuko umukinnyi w’ikipe twari twahuye azamukana umupira aca kuri Cristiano, Cristiano ntiyamwiruka inyuma nukoa mze Mourinho ahita atangira kumusakuriza amubwira ngo amwirukeho. Nyuma yaho Mourinho yakomeje kubwira nabi Cristiano maze Cristiano arababara cyane dubuiye mu rwambariro nabonaga yenda kurira, nuko aravuga “Ndi kwitanga uko nshoboye ariko we agakomeza kumbwira nabi“. Mourinho yaraje yinjira mu rwambariro akomeza gusomera Cristiano, bahita batangira guterana amagambo bashaka kurwana nuko abandi bakinnyi babitambika mo hagati barabakiranura.”
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Hanze24 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Imyidagaduro18 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo23 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi20 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru5 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.