in

Dore ibice 4 ku mubiri byakubwira imyaka y’umuntu ku buryo atakubeshya ko akiri muto kandi ashaje

Dore ibice 4 ku mubiri byakubwira imyaka y’umuntu ku buryo atakubeshya ko akiri muto kandi ashaje.

Ni kenshi cyane ubona abantu bakoze siporo cyangwa se bariye neza, bisize neza , muri make basa neza kuburyo utapfa kubacyekera imyaka y’ubukure.

Gusa nubwo hari abantu bameze gutyo, hari ibi ibintu bine bizamugaragaza ko bashaje ndetse batapfa guhisha, ibi bice bine nibyo bitangira kuzana iminkanyari mbere.

1.mu gahanga, uruhu rwe cyane mu gahanga hatangira kuzamo utuntu tw’iminkanyari, uzabona uturongo tubiri mu gahanga ke duhoramo noneho ubwo azaba ari guseka uzajya ubona tubaye twinshi, gusa ku muntu udashaje ntibipfa kumugaragaraho.

2. Ijosi, igice cyo ku ijosi nacyo gitangira kujya kizana iminkanyari mike mike.

3. Amaso, amaso ye akenshi atangira kuzengurukwa n’akabara ku mukara, ariko kukabona bisaba kumwitegereza cyangwa yasinzira akaba aribwo ukabona neza.

4. Ibiganza, inyuma ku ntoki ze naho hatangira guhinduka ukabona naho harakanyaraye.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugabutumwa Zawadi wafunzwe inshuro 70 kubera urumogi, yakoze ku mutima w’umunyamakuru Niwemwiza Anne Marie [videwo]

Uburibwe ari gucamo ni bwinshi! Ubuzima bwa Irakoze Ariella warwaye ikibyimba gikabije mu maso nyuma y’amazi 3 gusa akoze ubukwe bukomeje kujya mu byago kuko atarabona ubuvuzi uko bikwiye (AMAFOTO)