in

Dore amakipe ashaka Sergio Busquets aho aherereye.

Sergio Busquets nyuma yuko bimenyekanye ko atazagumana na Barcelona yamaze gutangariza ikinyamakuru bita “RAC1″ ko hari amakipe arenga atatu ari kumuganiriza ngo ariko yose akaba aherereye hanze y’uburayi.

Kandi yakomeje avuga ko bimwe mubintu bizamugora ari umukino ikipe azajya ishobora kuzakina na Barcelona.

Yagize ati” Mfite amahitamo arenga atatu ku meza y’ibiganiro gusa yose ari hanze y’umugabane w’iburayi cyane cyane mubihugu byabarabu nka “Saudi Arabia” amakipe yo muri iki gihugu akomeze kumvugisha ubwo amahitamo ni ayanjye”.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi ni filime mu zindi: Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga nyuma yo gushyamirana n’umuhanzi mugenzi we (VIDEWO)

‘Umwe yajundikaga agasuka mu kanwa ku wundi’ Ibyo Zari Boss Lady n’umugabo we bakoreye mu kabyiniriro ko muri Tanzania byatumye abantu batinyamo kuko bakoze ibyo batari bazwiho (VIDEWO)