in

‘Umwe yajundikaga agasuka mu kanwa ku wundi’ Ibyo Zari Boss Lady n’umugabo we bakoreye mu kabyiniriro ko muri Tanzania byatumye abantu batinyamo kuko bakoze ibyo batari bazwiho (VIDEWO)

Ibyo Zari Boss Lady n’umugabo we bakoreye mu kabyiniriro ko muri Tanzania byatumye abantu batinyamo kuko bakoze ibyo batari bazwiho.

Umuhanzikazi Zari Boss Lady uri kubarizwa muri Tanzania yaraye ahakoreye ibidasanzwe ubwo yari yasohokanye n’umugabo we.

Ubwo bari mu kabyiniro banyweye agasembuye, aho umwe yanywaga akajundika yarangiza agasuka mu kanwa ku wundi.

Si ibyo gusa dore ko banasomanye mu buryo bwajyanaga n’indirimbo yari iri gucurangwa muri ako kabyiniro.

VIDEWO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amakipe ashaka Sergio Busquets aho aherereye.

Dore ibintu 7 umugore cyangwa umukobwa atinya ku bagabo