in

Iyi ni filime mu zindi: Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga nyuma yo gushyamirana n’umuhanzi mugenzi we (VIDEWO)

Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga nyuma yo gushyamirana n’umuhanzi mugenzi we.

Umuhanzi ukorera umuziki we muri Uganda ariko uzwi no mu Rwanda, Alien Skin yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga.

Ku mashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye yerekana uyu muhanzi yicaye mu modoka ya Polisi hamwe inyuma ni uko akaza kuyisimbuka.

Skin acunga abapolisi bari bamurinze barangaye ni uko maze agahita ayisota akirukanka.

Ibi byabaye nyuma y’uko uyu Skin yashyamiranye na Pallaso wamusabaga kumwubaha kuko yakoze ibikorwa bidasanzwe.

VIDEWO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ubwoko 6 bw’inshuti umuntu agomba kuba afite mu buzima bwe

Dore amakipe ashaka Sergio Busquets aho aherereye.