in

Cyusa agiye gusangiza umunsi w’abakundana abatuye i Huye arikumwe n’inkumi y’ikimero yasimbuje Janine -AMAFOTO

Umuhanzi Cyusa Ibrahim yatangaje ko agiye gukorera igitaramo mu mujyi wa Huye mu Ntara y’Amajyepfo mu rwego rwo gufasha abahatuye kwizihiza umunsi w’abakundana uzwi nka ‘Saint Valentin’ arikumwe n’inkumi y’ikimero yasimbuje Janine

Iki gitaramo cyiswe “Valentine’s Live Performance” kizaba ku wa 14 Gashyantare 2023, aho Cyusa uzwi mu ndirimbo nka ‘Marebe’ azifatanya na bamwe mu baririmbyi na ba Dj bazacuranga muri iki gitaramo cyo guhimbaza abakundana.

Cyusa Ibrahim uherutse kuririmba mu gitaramo cyo kwizihiza Intwari z’u Rwanda, yavuze ko ari ku nshuro ya mbere agiye gutaramira muri uyu mujyi, kandi yiteguye neza gususurutsa abafana be n’abakunzi b’umuziki.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imbamutima za Cristiano Ronaldo ndetse n’inkoramutima ye Piers Morgan nyuma yo kwandikisha uduhigo dushya muri ruhago!

Kapiteni wa Arsenal Martin Odegaard yihandagaje atuka umutoza we Mikel Arteta aramwandagaza