in ,

Cristiano nta rukundo afitiwe : Neymar yahishuye umukinnyi yifuza gukinana nawe wo muri Real Madrid ntabwo ari Cristiano

CNN yabajije Neymar Jr umukinnyi  wa Real Madrid yasinyisha aramuste abyemerewe maze asubiza atajijinganya ko yahitamo Marcelo mu gihe abenshi bari biteze ko ahitamo rutahizamu Cristiano.

Related image

Umunyamakuru amubajije ati ” Ese kuki? “,Jr ati” Marcelo ni inshuti yanjye ,umunyamakuru arongera ati”naho se Cristiano” Jr ati” Oya,nahitamo Marcelo ( No, I would pick Marcelo.)

Nubwo JR yanze kugira uwo ahitamo mu bataka batatu ba Real Madrid (BBC),yanze na none kubagaya kuko n’igihe umunyamakuru yamubazaga niba abona ubufatanye bwe na Messi na Suarez buruta cyane ubwa Bale,Benzema na Cristiano yanze kubyemera maze agira ati” Njyewe ntabwo ibyo nabivuga kuko ntabwo nkuda kuvuga ngo ndakomeye kurusha runaka,gusa ubufatanye bwacu (MNS= Messi,Neymar na Suarez) bwakoze amateka kandi burakomeje kuyandika.

Naho Cristiano ni umwataka ukomeye cyane cyo kimwe na Bale ndetse na Benzema”

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafaranga Lionel Messi agiye kugurwa nayo azahembwa ni indengakamere.

Irebere hano buri ncuro Barack Obama yagaragaje ko atazibagirana mu mitwe y’abakunzi b’imyadagaduro (amafoto)