in

Clarisse Karasira yahamirije rubanda uko asigaye yiyumva mu rukundo rwe n’umugabo we

Umuhanzikazi nyarwanda Clarisse Karasira yagaraje ko yishimiye urukondo rw’umugabo we babana muri Leta Zunze Ubumwe z’America.

Mu gihe ku munsi wo kuwa kabiri wari umunsi w’abakundana, Karasira we kuri uyu wa Gatatu nibwo yateye imitoma umugabo we.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Karasira yagize ati “Uru rukundo ruramfurebye, uru rugo rurandyoheye! Sintekereza uko ubuzima bwaba bumeze nta rukundo rwawe, ndagukunda Sylvian Dejoie ndetse na Kwanda(umwana wabo).

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamasheke: Umusaza wagiye gukoresha isanduku azashyingurwamo akayibika mu nzu iwe akomeje gutungura benshi 

UEL: Mu mafoto twinjirane mu mukino Marcus Rashford avuga ko kuri we batsinzwe