in

Clapton Kibonke yatsinzwe n’umugore we muri ‘Biyari’ maze atangira kugira urwitwazo – AMAFOTO

Umugore wa Clapton Kibonke yatunguranye nyuma yo kugarara ari gukina Biyari n’umugabo we maze aramutsinda karahava.

Ni amafoto Clapton Kibonke yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko impamvu umugore we yamutsinze ari uko akoresha akaboko k’ibumoso. Yagize ati “Ba kamoso ni babi.”

Umunyarwenya Clapton Kibonke arimo gukina Biyari n’umugore we

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nabo bahanganye basigaye bamufana: Umuhanzi Marioo yatatse Diamond Platunmz abantu barumirwa

Breaking News: Undi muyobozi ukomeye cyane muri Ferwafa agiye kuva mu nshingano ze