in

Breaking News: Undi muyobozi ukomeye cyane muri Ferwafa agiye kuva mu nshingano ze

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo Olivier yeguye ku mirimo ye.

Kuri ubu amakuru agera kuri Yegob.rw avuga ko nyuma y’uko Perezida yeguye n’umunyamabanga we ashobora kumukirikira.

Nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru Sam Karenzi abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, ngo vuba aha bidatinze, Muhire Henry wari SG araza gusezera ku mirimo ye.

Nta tangazo ryo gusezera ryari ryajya hanze gusa amakuru yizewe ni uko nawe agiye kuva ku nshingano zo kuba SG.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clapton Kibonke yatsinzwe n’umugore we muri ‘Biyari’ maze atangira kugira urwitwazo – AMAFOTO

Igiti cyari gikuze cyane ku Isi ya rurema ndetse kizwiho imyuka itagaragara cyatemwe gikurwaho