in

Chriss Eazy uri mu Burundi yaba yaragiye gutekera yo iyihe ndyo?

Chriss Eazy uri mu Burundi yaba yaragiye gutekera yo iyihe ndyo?

Umuhanzi Chriss Eazy uri mu bahanzi bagezweho mu Rwanda no hanze yarwo yaguye imbibi ajya no kureba uko mu Burundi bimeze.

Ni muri urwo rwego we n’ikipe ye yose imufasha mu bijyanye no gukora muzika bagiye mu Burundi gutunganya indirimbo karundura bafitanye na Kirikou na we uri mu bahanzi b’abarundi bahagaze neza.

Aba bombi bari gukora indirimbo yitwa ‘lala’ bivugwa ko ubu amashusho yayo yarangiye iyo ndirimbo ikaba izasohoka mu minsi iri imbere.

Mu bantu baherekeje Chriss Eazy harimo ureberera inyungu ze ari we Junior Giti, Samy Swich umukorera Videwo, ndetse na Producer Koze wakoze iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gituza he n’aho hatemba itoto: Miss Kayumba Darina yashyize hanze amafoto yambaye Bandana yonyine mu gituza(AMAFOTO) 

Amakuru mashya kuri wa mupolisi watoraguwe ku muhanda yapfuye