in

Chris Eazy agiye gutaramira hanze y’u Rwanda

Imiryango ikomeje gufunguka ku muhanzi Chris Eazy nyuma yo kubona sosiyete Giti Business Group isigaye imufasha mu muziki.

Ku nshuro ya mbere Chris Eazy agiye gutaramira hanze y’u Rwanda ahereye i Burundi. Byitezwe ko mu mpera z’iki Cyumweru, Chris Eazy azataramira i Bujumbura aho afite igitaramo ku wa 13 Kanama 2022.

Uyu muhanzi umenyekanishwa na Junior Giti w’Imana yamenyekanye cyane mu ndirimbo Inana, amashimwe ndetse n’izindi zitandukanye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Rutahizamu wa banyarwanda yerekeje gukina hanze y’u Rwanda

Umugabo ari mu mazi abira nyuma yo kubura igitsina cye mu ijoro ry’ubukwe bwe