in

Umugabo ari mu mazi abira nyuma yo kubura igitsina cye mu ijoro ry’ubukwe bwe

Mu gihe abandi baba bategereje ko ubukwe burangira ubundi bakajya mu mwanya wo kwisanzura bakishimira ibyo bamaze kugeraho mu ijoro ry’ubukwe, uyu we ibyo yahuye nabyo ni akaga.

Nk’uko uyu mugabo yabitangaje ni uko ngo mbere y’uko akora ubukwe bari yarakoranye imibonano mpuzabitsina n’abakobwa ndetse n’abagore benshi ku buryo nawe atabyibuka.

Akomeza avuga ko mu ijoro rimwe, yashoboraga kuryamana n’abagore barenga batatu mu ijoro rimwe gusa, ndetse yewe bakanarenga.

Ngo nyuma y’igihe yaje kurota akora imibonano mpuzabitsina n’umugore atazi mu nzozi, nyuma yo kubyuka yasanze igitsina cye cyagabanutse mu bunini, ku buryo butangaje ndetse atangira gushaka abaganga ngo bamufashe bamuvure.

Ibintu byaje gukomera nyuma y’uko akoze ubukwe n’umukobwa bakundaga, bikaza kurangira ijoro ryo kwishima rigiye kugera yashaka kwirwanaho agasanga igitsina cye cyarigise.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Chris Eazy agiye gutaramira hanze y’u Rwanda

Ukuri kuri nyakwigendera 2Pac wagaragaye mu matora ya Kenya ejo