in

Breaking news: Rutahizamu wa banyarwanda yerekeje gukina hanze y’u Rwanda

Sugira Ernest wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda arimo APR FC , Rayon Sport na As Kigali ashojemo amasezerano y’imyaka ibiri.

Kuri ubu Sugira Ernest yamaze kumvikana n’ikipe ya Al Wahda Sc yo mu cyiciro cya mbere muri Syria akaba yaguzwe arenga miriyoni 20 z’amanyarwanda.

Nta gihindutse biteganyijwe ko ku wa gatanu w’iki cyumweru ari bwo Sugira Ernest azafata rutemikirere yerekeza muri Syria.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gukubita Teta Sandra byakozeho Weasel

Chris Eazy agiye gutaramira hanze y’u Rwanda