in

Chelsea yasuye Tottenham maze icunga yicaye mu bushorishori bw’igiti igitemera mu mizi igeze hasi nabwo bayakiriza imihini

Ku geza ubu nta kipe itaratsindwa muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza Tottenham yari isigaye ibuze intama n’ibyuma.

Mu mukino wayihuzaga na Chelsea birangiye ari ibitego 4 bya Chelsea kuri kimwe cya Tottenham.

Ni umukino wagaragayemo amakarita abiri atukura yose kuruhande rwa Tottenham iyambere yabonetse ku munota wa 33′ ihawe Romeru akaba ariikarita ya 4 y’umutuku mu mikino 75.

Indi yabonetse ku munota wa55′ ihawe Udogie ubwo Tottenham yaje gukina ari abakinnyi icyenda mu kibuga.m

Ku geza ubu amakipe 20 akina Premier League yose amaze gutsindwa nibura umukino wa shampiyona

Manchester City ihise ifana umwanya wa mbere n’amanota 27, Tottenham 26, Liverpool 24, Arsenal 24.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yishe umu ex we nyuma yo kumutera ubwoba akoresheje  imbunda y’akazi, uyu mukobwa yahise ajya kwirega kuri polisi avuga impamvu yatumye amwica

“Prince Kid afite inshingano yo kwijyana i Mageragere gufungwa” Nyuma y’uko Prince Kid akatiwe imyaka 5 muri gereza ntahite amanurwa, umunyamategeko Mourice yamusabye gukora inshingano ze kuko nta ngingo ihari yamukuraho ibyo yahamijwe n’urukiko