in

Byiringiro Lague yabatijwe mu mazi menshi ( Amafoto)

Rutahizamu w’Amavubi na APR FC, Byiringiro Lague, yabatijwe mu mazi menshi,mu idini azasezeraniramo n’umukunzi we Uwase Kelia bamaze igihe mu rukundo.

Iki gikorwa cyabaye ku munsi w’ejo hashize ku wa Kabiri tariki ya 16 ugushingo 2021, kibera Nyarutarama.

Yabatirijwe mu idini rya Philadelphia Rhema Church rya Kimironko ariko umuhango nyirizina ukaba wabereye muri piscine yo kuri Tennis Club I Nyarutarama.
Biteganyijwe ko Byiringiro Lague na Uwase Kellia bafite ubukwe mu kwezi gutaha tariki 4 ukuboza  niyo mpamvu Lague yabanje kwakira kongera kuvuka bushya nkuko abakiristu babyemera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Umunyamakuru Irene Murindahabi yakoreye umugabo washakaga kumutekera umutwe

Impamvu Bill Gates adashobora kwemera ko umukobwa we ashaka umugabo w’umukene