in

Burya nabo barasenga; Kabaye, Rocky Kimomo yagiye gusigwa amavuta y’umugisha igipesu cy’ishati kidafunze

Rocky Kirabiranya usobanura firime arikumwe na Irene Murindahabi umunyamakuru wigenga batunguranye ubwo bajyaga gusenga.

Bamwe mu bamukuririkiranira hafi ku mbuga nkoranya mbaga babonye icupa ry’amazi ya Nile ryari rimuteretse imbere bakeka ko harimo United Gin kubera ko Rocky arirwo ruganda yamamariza.

Mu masengesho yo gusengera Igihugu yabaye kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko gusenga ari byiza, bikubitsa ‘icyo turi cyo’. Hejuru y’ibyo bikigisha guca bugufi n’icyo buri wese akwiriye kuba akora mu byo ashinzwe.

Ati “Gusenga ni byiza, bikubiyemo ibintu byinshi. Gusenga biributsa, biba bitwibutsa icyo turicyo. Turi abantu, biratwigisha. Kubera kumenya icyo umuntu ari cyo biguha umwanya wo kumenya uko wifata…”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FC Barcelona ikarangiye Real Madrid i Riyadh muri Arabia Saudite

Mutesi Jolly yibutse ko Imana ibaho yegura intwaro ikomeye ajya mu masengesho -AMAFOTO