in

Burya abantu batinya kurogwa nabo si bo: dore indwara ikomeye ituma umuntu ahora yikanga amarozi ya hato na hato

Burya abantu batinya kurogwa nabo si bo: dore indwara ikomeye ituma umuntu ahora yikanga amarozi ya hato na hato

Rimwe na rimwe Bishobora kuba bikubaho ukumva ufite ubwoba budasanzwe bwo gutinya uburozi, ku buryo bunatuma udashobora kugira ibyo urya cyangwa unywa bitari ibyo witeguriye, kuko urwaye iyi ndwara ashobora no kwanga amafunguro yateguwe n’umuntu asanzwe yizera ariko agatinya ko yamuroga.

Niba ibyo byiyumviro wumva bidasanzwe muri wowe ukumva ugize ubwoba bwinshi no guhora wikanga kurogwa, birashoboka ko byamaze kurenga ubwoba busanzwe bigahinduka uburwayi iyo ndwara ikaba yitwa (Toxophobia/toxicophobia/toxiphobia.

Abantu 5,3% bagizweho ingaruka na byo, abarozwe bibaviramo kugagara igice cy’umubiri no gupfa.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibaruwa: Gareth bale yasezereye burundu kongera gukinira ikipe y’igihugu ya Wales

Umukinnyi ufite ubuhanga budasanzwe muri APR FC yatakambiye umutoza Ben Moussa amusaba kuzamuhindurira umwanya amukinishaho