in

Breaking news: Umukino wa Rayon Sports na Police FC wamaze kwimurirwa ku yindi Sitade Rayon Sports ikunda gutsindiraho

Umukino wo kwishyura ugomba guhuza ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya Police FC mu gikombe cy’amahoro wimuriwe ku yindi Sitade.

Ku munsi w’ejo kuwa gatatu nibwo ruzamikana hagati y’ikipe ya Rayon Sports na Police FC mu mukino wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro hamenyekana ikipe igomba guhura na Mukura Victory Sports muri 1/2.

Amakuru ahari ni uko uyu mukino wagombaga kubera kuri Sitade mpuzamahanga y’i Muhanga ubu wamaze gushyirwa kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium aho ikipe ya Rayon Sports ikunda cyane.

Umukino ubanza warangiye ikipe ya Rayon Sports itsinze ibitego 3-2, nubwo umukino yawurangije abafana bagiye kugwa igihumure kubera ukuntu Police FC yari iyimereye nabi.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza ku itsinda rya Juda Muzik

Burya bamuhaye pase! Bahati yahishuye byinshi ku nkumi agiye kurongora