in

BNR yaburiye Abanyarwanda bakomeje gushora amafaranga yabo muri Company ya STT ibizeza kubungukira byihuse

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yaburiye Abanyarwanda bakomeje gushora amafaranga yabo muri Company izwi nka STT ‘SuperFree to Trade’, iyigaragaza nk’itemerewe gukora ubucuruzi bw’amafaranga mu Rwanda.

Mu ntangirizo z’uyu mwaka ni bwo STT yatangiye gukorera mu Rwanda, aho ashoramo $75 (107,00Frw) buri munsi STT ikamwungukira $ 2.4 ku munsi (Frw 3,000) mu gihe nk’uwashoye $30,000 ashobora kungukirwa $1,200 ku munsi.

Mu butumwa BNR yatanze yifashishije urubuga rwa X kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko STT itemerewe gukora ubucuruzi bw’amafaranga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Nyuma yo kugirwa inama yo kureka guconga ka ruhango Neymar Jr yazanye ingamba shyashya

Aline Gahongayire yasutse amarira menshi ashimira uwamubaye hafi ubwo yakoraga ubukwe n’igihe yabyaraga umwana agapfa