in

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Birakora: reba uburyo wakoresha ibitunguru,umunyu n’urudodo agatsinda ibibazo by’urukundo.

Ntabwo ibibazo by’urukundo byose ariko bigaragara inyuma , hari n’ibibera imbere mu mitima y’abakundana ugasanga byangije umuntu w’imbere. Mu rwego rwo gukemura ibibazo byo mu mibanire birimo kuba umuryango wawe warasenyutse, kuba warabuze amahitamo akuganisha ku kubona uwo umutima wawe wishimira mu buzima bwawe,… Ushobora gukoresha ibintu bikuri hafi ukaba Wabasha kubona urukundo rw’ubuzima bwawe.

Dore uko bikorwa:

1.Fata igitunguru ugikatemo ibice bibiri bingana

2.Fata bya bice bibiri wakase by’igitunguru ubihuze hagati ushyiremo umunyu ariko ukoreshe ahaba uburyohe , aho bakata bateka.

3.Fata igitunguru wafatanyije hagati washyizemo umunyu nurangiza ukizirikishe urudodo wateguye, hanyuma ukibike ahantu heza cyane.

4.Mbere yo kuva aho wakibitse , vuga ibyifuzo byawe byerekeye urukundo wifuza.

Ibi nubikora uzizere ko bigufasha hanyuma witurize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kayonza : imvubu yarashwe nyuma y’igihe izigera kuri eshatu zonera abaturage

Umugeni wambaye ipantalo mu mwanya w’agatimba yavugishije benshi(AMAFOTO)