in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Birababaje: umugore yitabye Imana nyuma yo kurumwa n’inzoka y’ubumara yicariye agiye kwituma

Umugore yarumwe n’inzoka y’ubumara bukomeye ubwo yari agiye mu bwiherero atazi ko iki gikoko kirimo maze gituruka hasi kiramuruma bimuviramo urupfu.

Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Atinkanews, ngo ibi byabereye muri Nigeria ubwo uyu mugore yahuraga n’iki cyago agiye kwituma.

Amakuru avuga ko uyu mugore yicaye ku bwiherero bwa kijyambere,ataziko inzoka y’ubumara irimo hasi.Mu gihe yarimo kwituma inzoka yahise izamuka maze iramuruma.Uyu mugore yahise ajyanwa kwa muganga birangira apfuye kubera ubumara bw’iyo nzoka bwari bwamaze kumwinjiramo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukuri ku mafoto yasakaye Bruce Melodie yakoze ubukwe.

Sobanukirwa: Ese koko mu masohoro y’umugabo habonekamo vitamini B12?