in

Bijoux na Ndimbati bafotowe baterana imitoma iryoshye(Video)

Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati yagaragaye aterana imitoma na Bijoux wo muri filime y’uruhererekane ya Bamenya, aho babwiranaga amagambo meza y’urukundo.

Ubusanzwe aba bombi bahurira muri filime ya City Maid, aho Ndimbati aba yitwa Deo ,ari nayo mpamvu .Bijoux yambwiye ati:”Famille Deo ndagukunda cyane, ngutwitiye umwana ,uzangurira iki nimara kubyara?”

Deo aramusubiza ati”numara kubyara nzagutembereza mu kirere wowe n’akabebe”

Hanyuma Bijoux aseka cyane nawe amwemerera ko nawe azamutungura akamutembereza.Ni ikiganiro  kirimo imitoma myiza babwiranaga.

Reba videwo yabo hano hasi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: Abantu 6 basanganwe ubwandu bushya bwa Covid-19 ikomeye ya Omicron

Pep Guardiola na Man City baraye bakoze amateka