in

Bari kuva mu bwiza bajya mu bundi: Perezida w’ikipe ya APR FC yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rihabwa umugabo rigasiba undi

Bari kuva mu bwiza bajya mu bundi: Perezida w’ikipe ya APR FC yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rihabwa umugabo rigasiba undi.

Umuyobozi w’icyibahiro w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona y’u Rwanda n’amanota 33 Richard Karasira wari ufite ipeti rya Lieutenant Colonel yazamuwe mu ntera na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame amukura ku ipeti rya Lieutenant Colonel ajyirwa Colonel.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIB ishobora kubizamo! Uwase Fiona wafotowe amabere ye yose ari ku karubanda mu marira atemba ku matama yavuze ibyo uwafatoye ayo mafoto agomba gukora -Amashusho

Umusore yahagaritse ubukwe ku munsi nyirizina nyuma yo kumenya ko Umukobwa agiye kurongora yaraye avuye gusezera mu gitanda undi musore