in

“Baranyara wee nkabura naho narambika umusaya” Kigali umukobwa yavuze ibyo indaya zimukorera ku buriri bwe

Mu marira menshi n’agahinda Gihozo asobanura ikibazo cye cyuburyo abangamirwa n’umukobwa babana.

 

Ati ” indaya ziranyara wee, nkabura naho narambika umusaya” avuga ko umukobwa babana amuzaniraho abagabo, bagasambanira ku buriri bwabo ugasanga babutoheje, ubundi akabura aho yarambika umusaya

Abantu nabo bakomeje ku mugira inama ko agomba kuva ahongaho agashaka ahandi ajya kuba cyangwa akirukana uwo mukobwa

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bonny Bobo
Bonny Bobo
1 year ago

Akabi gasekwa nka keza Koko ATI ziranyara weeeeeeee hahhhhhhhhh ihangane sister wahuye nuruva gusenya kbx ese ubwoburiri nubwande ndavuga matera? Niyo ndaya cg niyawe irukana umushenzikazi

Umubyinnyi mu ndirimbo gakondo Mpinganzima yishongoye ku bakobwa bose b’i Kigali ko nta numwe wamutwara umugabo

Cristiano Ronaldo agiye gufasha abaturage bo muri Turikiya bagizweho ingaruka n’umutingito