Mu marira menshi n’agahinda Gihozo asobanura ikibazo cye cyuburyo abangamirwa n’umukobwa babana.
Ati ” indaya ziranyara wee, nkabura naho narambika umusaya” avuga ko umukobwa babana amuzaniraho abagabo, bagasambanira ku buriri bwabo ugasanga babutoheje, ubundi akabura aho yarambika umusaya
Abantu nabo bakomeje ku mugira inama ko agomba kuva ahongaho agashaka ahandi ajya kuba cyangwa akirukana uwo mukobwa
Akabi gasekwa nka keza Koko ATI ziranyara weeeeeeee hahhhhhhhhh ihangane sister wahuye nuruva gusenya kbx ese ubwoburiri nubwande ndavuga matera? Niyo ndaya cg niyawe irukana umushenzikazi