in

Umubyinnyi mu ndirimbo gakondo Mpinganzima yishongoye ku bakobwa bose b’i Kigali ko nta numwe wamutwara umugabo

Umwe mu bagize itorero ryitwa Inyamibwa ribyina indirimbo gakondo bateze amaboko nk’Inyambo yiyemeye kubagore Bose b’i Kigali ko ariwe ufite umugabo mwiza.

Mpinganzima Joseline ari mu bagize itorero ryitwa Inyamibwa akaba ari umubyeyi wubatse ufite umugabo ndetse n’umwana umwe aherutse guhabwa impano idasanzwe.

Uyu mugore mu kiganiro yagiranye na Isimbi tv yavuze ko impano yahawe irenze ari imodoka yahawe n’umugabo we Kandi ko nta muntu numwe wagerageza ku mumutwara ngo bimuhire.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zaba ukina firime yahuye n’inka itangaje abwira guhagarara ikabikora yayibwira ku genda ikagenda -Videwo

“Baranyara wee nkabura naho narambika umusaya” Kigali umukobwa yavuze ibyo indaya zimukorera ku buriri bwe