in

Bajya bavuga ngo akaruta akandi karakamira! Rutahizamu Ani Elijah wirutsweho n’amakipe menshi birangiye asinyiye ikipe itinyitse hano mu Rwanda

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Police FC yashoje gahunda zo gusinyisha rutahizamu Ani Elijah wari umaze iminsi avugwa mu makipe atandukanye.

Uyu rutahizamu ukomoka muri Nigeria yishyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri, atanzweho Miliyoni zisaga 40.

Uyu rutahizamu yifuzwaga namakipe nka APR FC ndetse na Rayon Sports ikaba yarigeze guterayo akajisho ariko zombi zasanze zitahangana na Police FC kugeza ubwo imusinyishije.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbanda Jean ushaka kwiyamamariza kuba umukuru w’igihugu yavuze ko afite umuti wazahura umupira w’amaguru mu Rwanda, ariko ngo urahenze

Aha abatwara ibinyabiziga baraza gutera agatwenge! RURA ishyize hanze itangazo ku biciro bishya bya mazutu na peterori