in

Bahati agiye kurushinga

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filimi Bahati wamenyekanye cyane muri Just Family, ageze kure imyiteguro y’ubukwe n’umukobwa bamaze igihe bakundana.

Biteganyijwe ko uyu musore azarushinga ku wa 5 Kanama 2023, n’umukobwa witwa U. Cecile.

Mu mpera z’umwaja wa 2021, Bahati yambitse impeta y’urukundo uyu mukobwa amuteguza kurushinga nk’umugabo n’umugore. Ibirori byo kwambika uyu mukobwa impeta byabereye muri Kenya ku nyanja y’u Buhinde.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marcus Rashford yatabaye ikizungerezi gikinira Aston Villa

Bifashishije amwe mu mafoto y’ubukwe bwabo! Clarisse Karasira n’umugabo we bari kwizihiza isabukuru y’imyaka bamaze basezeranye – AMAFOTO