in

Bagore n’abakobwa! Niba ushaka kubaho igihe kinini ntuzashakane n’ubu bwoko 5 bw’abagabo

Akenshi mu buzima uburyo tubayeho biri muri bimwe mu bitwongerera iminsi yo kubaho, ku buryo ibibazo na siteresi duhura nazo ari bimwe mu bituma dutakaza amahirwe yo kubaho igihe kinini.

Gusa ku bagore n’abakobwa hari ubwoko bw’abagabo ugomba kwirinda niba ushaka kubaho igihe kirekire.

1.Uzirinde umugabo urakazwa n’ubusa: niba ubona akantu kose kabaye umukunzi wawe yitwara mu buryo budasanzwe, akarakara, akagira imijinya myinshi, akavuga nabi! Byaba byiza uwo umuretse kuko umubano wanyu ntuzigera umera neza.

2.Uzirinde umugabo uharira akazi umwanya we wose : igihe umugore atabona care zihagije ahora yigunze kandi ntajya agira ibyishimo nagato.

3. Uzirinde umugabo ufuha cyane : akenshi umugabo ufuha aba yifuza kumenya ibyo uvugana n’inshuti zawe byose kandi aguca ku nshuti nyinshi kubera ifuhe, ibyo nabyo bikakubuza amahoro n’ibyishimo.

4. Uzirinde umugabo wiruka ku bandi bakobwa cyane, uyu wamwita nk’umuhehesi.

5. Uzirinda umugabo uhora utekereza gushyingiranwa : niba ubona umusore mukundana ahora yitekerereza mariyaje, ibyiza wamureka kuko mariyaje isiga ntacyo mufite ntacyo imaze.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nihabe hari icyahindutse kumasaha ariko? Okkam yavugishije ibyamamare kuri uyu munsi w’irayidi

N’ugutwi bagukuraho: Ahantu (10) hateye ubwoba muri Kigali kubera abujura bitwaje intwaro buhakorerwa