in

N’ugutwi bagukuraho: Ahantu (10) hateye ubwoba muri Kigali kubera abujura bitwaje intwaro buhakorerwa

Umugi wa Kigali ni hamwe mu havugwa ubujura bwitwaje intwaro aho abaturage bategwa n’ibisambo bikabambura ibyabo.

Muri iyi nkuru tugiye kukwereka ahantu 10 mu mujyi wa Kigali haba ubujura bukabije.

Gisozi munsi ya Kaminuza ya Kigali (ULK) no hafi yo mu Gakiriro.

Gitega mu Kagari ka Cyahafi n’aka Gacyamo mu Murenge wa Gitega.

Nyamirambo ahazwi nko mu Biryogo, Cosmos, Rwarutabura n’ahandi.

Mu murenge wa Kimisagara ahitwa mu Kamenge, Katabaro no mu Kagari ka Kimisagara, Kamuhoza.

Remera ahitwa muri Koridoro mu Murenge wa Remera, naho hagaragara indaya nyinshi n’abajura bakorana zo.

Muhima aho bitaDobandi bitewe n’indaya n’abasinzi benshi bakagaragaramo

Gatsata, ahitwa mu Kidelenga mu Kagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Gatsata n’agace kajya ku Bigega hafi y’igishanga,

Nyakabanda aho bita Karabaye no mu Mudugudu wa Mucyuranyana
Mu murenge wa Gikondo ahitwa Sodoma na Juwakali, aho uyu murenge utandukanira n’uwa Gatenga yose iri mu Karere ka Kicukiro.

Nyabugogo ni agace kadasanzwe karimo Gare gahuriramo urujya n’uruza rw’abantu benshi gahurirwaho n’umurenge wa Muhima, Gatsata, Kimisagara na Gitega ku buryo ari ko kambere karangwamo abajura benshi cyane barimo n’aba-marine.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
1 year ago

Ko numva umujyi byawufashe nta ntwaro ibyo bisambo

Deo TV comedy
1 year ago

Komutongeyeho gitikinyonise nahobaraturambiye rwose

Bagore n’abakobwa! Niba ushaka kubaho igihe kinini ntuzashakane n’ubu bwoko 5 bw’abagabo

“Mutima wanjye” Shaddy Boo wataranuje, yatatswe n’umukunzi we mu buryo budasanzwe