in

Babiryozwe: Guterwa mpaga kw’Amavubi byatumye FERWAFA isaba imbabazi abanyarwanda ndetse itangaza ibyemezo bikakaye byatangiye gufatwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, yasabye imbabazi abanyarwanda nyuma y’amakosa yatumye ikipe y’igihugu Amavubi iterwa mpaga n’ikipe ya Bénin kubera ko bakinishije Muhire Kevin kandi atabyemerewe.

Mu butumwa FERWAFA yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zitandukanye, yavuze ko abatumye ibi biba bagiye gukurikiranwa maze babiryozwe. Dore ibyo batangaje.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamuhe umugeni we: Umubyeyi aratabariza umusore we umaze imyaka 5 akorera umugeni none bakaba bagiye kumukuzaho

Adil ntabwo ava ku izima! Urubanza rw’umutoza Adil Mohammed wareze APR FC yatozaga ntabwo rurarangira