in

Bamuhe umugeni we: Umubyeyi aratabariza umusore we umaze imyaka 5 akorera umugeni none bakaba bagiye kumukuzaho

Mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Nyarubaka hari umubyeyi uri gutabariza umuhungu we ubana n’ubumuga bwo kutumva no kutavuga ku buryo bukomeye umaze akavagari k’imyaka akora kugira ngo azahembwe umukobwa.

Umubyeyi witwa Nyiramana Leonce aratabaza inzego zibanze ngo zitabare umwana we w’umuhungu ubana n’ubumuga bwo kutumva no kutavuga umaze imyaka igera kuri 5 yose akora mu rugo mubaturanye ngo ruzamuhembe umugeni.

Uyu mubyeyi yatangiye gutabariza umuhungu we nyuma yo kubona abakobwa babiri bose bari basigaye muri urwo rugo bagiye kurongorwa n’abandi basore kandi umwana we amaze imyaka 5 yose akorera umugeni.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uburanga n’imiterere idasanzwe bya Cash Queen watitije imbuga nkoranyambaga nyuma yo gukoreshwa na Comfy mu ndirimbo bikomeje guteza siriko mu bagabo ariko bimena na konte zabo za bank

Babiryozwe: Guterwa mpaga kw’Amavubi byatumye FERWAFA isaba imbabazi abanyarwanda ndetse itangaza ibyemezo bikakaye byatangiye gufatwa