in

Asubiye kuyoza igitiyo; Salima Mukansanga yahawe gusifura umukino w’amakipe y’ibihugu akomeye mu gikombe cy’isi

Umusifuzi muza mahanga ukomoka mu Rwanda uzwi kw’izina rya Salima Mukansanga wanditse amateka akomeye cyane yo gusifura mu mikino y’igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar ubu yongeye kugirirwa ikizere.

Uyu musifuzi yongeye guhabwa gusifura mu mikino y’igikombe cy’isi cy’abagore “FIFA WOMEN’S WORLD CUP 2023” cyiri kubera mu gihugu cya New Zealand.

Akaba yahawe guhagararira umukino uzahuza ikipe y’igihugu ya Portugal na Vietnam nk’umusifuzi wo hagati uzaba tariki ya 27/72023 ukabera kuri Sitade Waikato Stadium, Hamilton.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yaragikeneye gukora akazi! Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yamaraga kunywa imiti yongera akanyabugabo arikumwe n’umukunzi we

Umuhanzi Nsengiyumva ‘Igisupusupu’ wari umaze igihe kinini atigaragaza, ubu yashyize hanze indirimbo nshya yise “Taha” – VIDEWO